Home Imyidagaduro Umuhanzi Cecile Kayirebwa abaye nka Gen Ibingira

Umuhanzi Cecile Kayirebwa abaye nka Gen Ibingira

0

Umuhanzi Cécile Kayirebwa ni umwe mu bantu bafatiwe mu birori byo gusaba no gukwa byabereye mu Mujyi wa Kigali mu Murenge wa Nyakabanda.

Uyu myuhanzi yafatiwe mu mihango nkiyafatiwemo umukuru w’inkeragutabara Gen Ibingira mu minsi ishize, uyu musirikare mukuru yafatiwe mu karere ka Huye nawe yatashye ubukwe we nanubu aracyafaunzwe.

Abafashwe na Polisi nibari kumwe n’umuhanzi Kayirebwa barenga 50 gusa bivugwa ko umubare w’abari bitabiriye uyu muhango urenga abafashwe.

Nkuko bigaragara mu mafoto bishoboka ko polisi yagiye gufata aba bantu yitwaje itangazamakuru bigaragra ko bafotorewe ahabyae ubukwe n’abanyamakuru.

Aho Cecile Kayirebwa yafatiwe ni naho yafotorewe

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleNta kindi kirunga cyarutse muri Congo ni amakara batwikaga
Next articleNyamagabe : Umucamanza wafashe ruswa y’igisambo ngo agifungure yafunzwe
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here