Home Amakuru Abasirikare b’abirabura baguye mu ntambara y’Isi ntibibukwa nk’abazungu

Abasirikare b’abirabura baguye mu ntambara y’Isi ntibibukwa nk’abazungu

0

Iperereza ryerekanye ko ivanguramoko rikomeye ryabaye nyuma yuko hananiwe kwibuka  abasirikare b’abirabura na Aziya bapfuye mu myaka irenga ijana ishize barwanira icyahoze ari Ingoma y’Ubwongereza.

Komisiyo ishinzwe imva z’umuryango wa Commonwealth yavuze ko abantu barenga 100.000 bahitanwe n’intambara ya mbere y’isi yose – cyane cyane baturutse muri Afurika no mu Burasirazuba bwo Hagati – batibutswe   kimwe na bagenzi babo b’abazungu.

Ibihumbi n’abandi bibukwa binyuze mu kibuka rusange cyangwa mu bitabo gusa nta rwibutso.

Komisiyo yavuze ko ibabajwe cyane n’amakosa yabaye kandi ko izahita ibyitaho kugira ngo ayakosore.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleAbacuruzi b’i Rusizi basuhukiye i Bukavu muri Congo
Next articleImyaka 20 Kagame arahiriye kuyobora u Rwanda
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here