Bamporiki yagaragaye iwe mu rugo nyuma y’igihe ari gukorwaho iperereza

Uwahoze ari umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y’urubyiruko n’umuco Bamporiki Edouard, amaze ukwezi kuzuye afungiwe iwe mu rugo nyuma yo gukekwaho icyaha gifitanya isano na ruswa. Kuva taliki ya 5 Gicurasi 2022, yahagarikwa ku mirimo ya na Perezida Kagame n’urwego w’igihgu rw’ubugenzacyaha rugatangaza ko rwatangiye kumukoraho iperereza afungiwe iwe mu rugo nta yandi amakuru yari … Lees meer Bamporiki yagaragaye iwe mu rugo nyuma y’igihe ari gukorwaho iperereza