Home Politike Dr. Vincent Biruta ntakiri umuvugizi wa Guverinoma

Dr. Vincent Biruta ntakiri umuvugizi wa Guverinoma

0

Inama y’abaminisitiri yateranye kuwa 30 Nyakanga 2021, yafashe icyemezo cyo kwambura ministiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta, inshingano zo kuvugira guverinama, uyu mwanya wahawe Ms Yolande Makolo wo muri iyi minisiteri.

Undi wahawe umwanya w’ubuvugizi ni Ms Stephanie Nyombayire wagizwe umuvugizi mui perezidansi ya Repubulika.

Ni ubwambere muri iyi myaka ya vuba hashyizweho umuvugizi wa guverinoma utari minisitiri kuko abibukwa ba vuba ni Louise Mishikiwabo, Richard Sezibera na Dr. Vincent Biruta bose bavugiraga Guverinoma banayoboye minisiteri y’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleImanishimwe Emmanuelwa APR Fc aciye agahigo ko kugurwa menshi mu Rwanda
Next articleByinshi kuri Perezida rukumbi w’Umugore muri Afurika Samia Suluhu uri mu Rwanda
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here