Home Amakuru FPR yasinye amsezerano y’imikoranire n’ishyaka riri ku butegetsi mu Burusiya

FPR yasinye amsezerano y’imikoranire n’ishyaka riri ku butegetsi mu Burusiya

0

Abanyamabanga b’amashyaka ari ku butegetsi mu Rwanda no mu Burusiya kuri uyu wa kane basinye amasezerano y’imikoranire y’amashyaka yabo.

Ngarambe Francçois umunyamabnaga mukuru wa FPR inkotanyi niwe washyize umukuno kuri aya masezerano mu gihe Andrey Klimov nawe yari ahagarariye ishyaka rya United Russia ryo mu Burusiya.

Aya mashyaka yiyemeje gufashanya mu isuzuma mikorere (consultancy), ihererekanya makuru n’ibindi.

Aya mashyaka yose arakomeye mu bihugu aturukamo kuko ariyo afite abadepite benshi mu nteko z’ibihugu,abaminisitiri ndetse n’abaperezida b’ibihugu byombi bakaba bava muri aya mshyaka.

Ishyaka United Russia ryo mu Burusia ryavutse mu mwaka w’ 2001 ubu riyobowe na Dimitri Medvedev wigeze kuba perezida w’Uburusiya.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleBugesera FC yahaye umutoza Abdou integuza yo kwirukanwa
Next articleAPR FC ishobora gucibwa amande komiseri agahagarikwa kubera umukino wa Rutsiro
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here