Home Uncategorized Igihe Perezida Kagame yagombaga gutangirira kuyoborera abakuru b’Ibihugu ba CHOGM cyimuriwe igihe...

Igihe Perezida Kagame yagombaga gutangirira kuyoborera abakuru b’Ibihugu ba CHOGM cyimuriwe igihe kitazwi

0

Ubunyamabanga bw’umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza Common wealth bwatangaje ko bwongeye gusubuka inama y’abakuru b’Ibihugu kuko yongeye kuvanwa muri Kammena uyu mwaka igashyirwa igihe kitazwi.

Iyi nama yagombaga kuba muri Kamena 2020 yimurirwa muri Kamena 2021 kubera icyorezo cya covid-19 none yongeye kwimurirwa igihe kitazwi.

iyi na iba ifite izindi nama nyinshi ziyishamikiyeho nazo zagombaga kubera mu Rwanda zirimo iz’abagore,urubyiruko,izita ku buzima n’izindi zagombaga gyhuriza abarenga ibihumbi birenga 10 mu Rwanda.

Iyi nama yagombaga guhita iha Perezida Kagame ububasha bwo kuyobora inama y’abakuru b’Ibihugu bigize common wealth mu gihe cy’imyaka ibiri.

Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko iki cyemezo cyamaze gufatwa, ikaza gusohora itangazo mu gihe gito kiri imbere.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleHow women are copying with life after Genocide
Next articleUmucamanza ategeteseko Munyenyezi wirukanwe muri Amerika akomeza gufungwa
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here