Home Amakuru Igihugu cy’Afurika cyambere kigiye gutangira gukora inkingo za Covid-19

Igihugu cy’Afurika cyambere kigiye gutangira gukora inkingo za Covid-19

0

Algeria igiye gutangira gukora inking za coronavirus guhera muri Nzeri uyu mwaka, nk’uko byemejwe mu itangazo ry’inama y’abaminisitiri ryasomwe kuri radiyo y’igihugu.

Lotfi Benbahmed yabwiye Radiyo y’igihugu ya Aligeria ati: “Usibye urukingo rw’Uburusiya Sputnik, tuzanatunganya umusaruro w’urukingo rw’abashinwa Sinovac.”

Abatekinisiye b’Abashinwa bazagera muri Aligeria mu mpera z’uku kwezi kwa Nyakanga kugira ngo “bategure iyoherezwa ry’ibikoresho fatizo” kandi “gutunganya izi nkingo bizatangira muri Nzeri”.

Isosiyete ikora imiti ya Leta Saidal izajya itanga miliyoni 2.5 z’inkingo zombi ku kwezi nk’uko Minisitiri w’ubuzima abitangaza.

Bwana Benbahmed yavuze ko izi nkingo zizakorerwa mu karere zizaba zihendutse ku kigero cya 45% ugereranije n’izitumizwa mu mahanga mu Burengera zuba bw’isi. izi nkingo kanzi zishobra guhenduka ku kigero cya  90% mu igihe ibikoresho fatizo mu kuzitubura nabyo bizaba byarakorewe byakorewe muri Aligeria.  

ubushinwa busanzwe bwaremeye gufasha igihugu cya Algeria kubona inking za Sinovac, Algeria igomba gukingira abatuarge bagera kuri miliyoni 45 ziyituye bikaba biteganyijwe ko uyu mwaka urangira Algeria imaze guhabwa inking zirenga miliyoni 15 z’impano y’Ubushinwa

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleHaravugwa imikoranire yo hafi hagati ya Rasmuda na Esther Anderson wakoranye na Bob Marley
Next articleCarlos Ghosn wari ukuriye uruganda rwa Nissan yakuwe mu Buyapani mu ikarito
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here