Home Amakuru Impanuka y’indege yahitanye abasirikare bari mu myitozo

Impanuka y’indege yahitanye abasirikare bari mu myitozo

0

Igisirikare cya Kenya cyemeje ko hapfuye abasirikare benshi nyuma yuko kajugujugu ya gisirikare yakoze impanuka mu myitozo hanze y’umurwa mukuru wa Kenya, Nairobi.

Ariko ntabwo itanga ibisobanuro birambuye kumibare mubare w’abasirikare baguye uri iyi mpanuka.

Iri tangazo ryongeyeho ko abasirikare bakomeretse bajyanywe mu bitaro bya gisirikare i Nairobi.

Kugeza ubu ntiharamenyekana umubare w’abasirikare bari muri kajugujugu ariko ibitangazamakuru byaho bivuga 23.

Abasirikare bavuga ko abashinzwe impanuka z’indege bari ahabereye impanuka kugira ngo bamenye icyateye iyi mpanuka kuko kitigeze gitangazwa.

Indege yakoze impanuaka ni Helcpter yo mu bwoko bwa MD 530F  ifite agaciro ka miliyoni 253 z’amadolari. Iyi ndege iri muri zimwe zavuye muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu myaka mike ishize.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleHatangajwe umubare uruta indi w’abanduye Covid-19 ku munsi
Next articleUbujura kimwe mu byirukanisha abavoka mu rugaga -Kavaruganda
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here