Home Imikino Imyigaragambyo y’abafana ba Manchester itumye umukino wa Liverpool wimurwa

Imyigaragambyo y’abafana ba Manchester itumye umukino wa Liverpool wimurwa

0

Abafana ba Manchester United bagera kuri 200 barenze ku mabwiriza binjira mu kibuga cya Old Trafford bigaragambya bamagana u muryango wa Glazer ari nawo utunze iyi kipe .

Ibi byatumye Umukino wagombaga guhuza Manchester United na Liverpool wimurwa kuko ku masa wagombaga gutangiriraho hongereweho isaha.

Abigaragambyaga basohowe mu kibuga nyuma yokugaragaza ibyifuzo byabo byo kudashaka u muryango wa Glazer mu ikipe yabo.

Hagaragaye kandi imyigaragambyo hanze ya hoteri aho abakinnyi ba Manchester United bacumbitse mbere y’umukino.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleKuki mutavuga – Perezida Kagame abaza abayoboke ba FPR Inkotanyi
Next articleSugira afashije Rayon sport kwikura imbere ya Gasogi mu mukino warebwe n’abarenga 5000
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here