Home Uncategorized Imyigaragambyo y’abaturage yirukanye umwami Mswati mu gihugu

Imyigaragambyo y’abaturage yirukanye umwami Mswati mu gihugu

0

Inzego z’umutekano muri Eswatini igihugu cyahoze cyitwa Swaziland – zashamiranye n’abigaragambya , basaba ko habaho ivugurura ry’itegeko nshinga. hakabaho ubutegetsi bugendera ku itegeko nshinga bitandukanye n’ingoma ya cyami ihasanzwe.

Mu mpera z’icyumweru gishize imyigaragambyo y’urubyiruko yakajije umurego, n’ubwo leta yabujije imyigaragambyo y’ubwoko bwose mu gihugu.

Abigaragambya  basaba Umwami Mswati gukora impinduka z’ubutegetsi bushingiye kuri demokarasi, harimo n’amatora akozwe mu mahoro n’ubwisanzure.

Hari amakuru ataremezwa avuga ko Umwami Mswati ashobora kuba yarahunze igihugu nyuma yo kotswa igitutun’imyigaragambyo yiganjemo urubyiruko. Umunyamakuru w’ikinyamakuru cya Leta ya Afurika y’Epfo SABC niyo yatangaje amakuru y’ihung ry’umwami.

Eswatini nicyo gihugu rukumbi muri Afrika gifite ubwami bwuzuye.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleAbanyeshuri bazataha mu buryo bwihariye nta wundi muntu bahuye nawe
Next articleIteka rishya rya minisitiri rigena ikoreshwa ry’urumogi mu Rwanda
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here