Home Politike Konji y’Irayidi ntizabuza abanyeshuri gutangira ikizamini cya leta

Konji y’Irayidi ntizabuza abanyeshuri gutangira ikizamini cya leta

0

N’ubwo minisitiri y’abakozi ba Leta n’umurimo yatangaje ko kuwa 20 Nyakanga ari umunsi w’ikiruhuko kubera umusni mukuru y’Abayisilamu uzwi nka Eid al adha (umunsi w’igitambo), abanyeshuri barangiza amashuri y’icyiciro rusange n’abasoza amashuri yisumbuye n’imyuga bo iki kiruhuko nti kibareba kuko aribwo bazatangira ibizamini bya leta.

Ibi byashimangiwe na Minisitiri w’uburezi mu gitondo cyo uri iki cyumweru ubw yari abibabajijwe avuga ko guha ikiruhuko aba banyeshuri byakwangiza byinshi.

N’ubwo minsitiri Dr. Uwamaliya yatanze ibi bisobanuro nti yagaragaje niba hari icyo bizabangamira abanyehsuri b’abayisilamu bagomba kwizihiza uyu munsi.

Ubusanzwe umunsi w’ikiruhuko wemewe mu Rwanda ureba abakozi n’abayehsuri mu mashuri yose yaba aya Leta y’aya bigenga.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleMu bafashwe bari gusengera ku musozi wa Kanyarira babasanganyee Covid-19
Next articleLeta igiye gutangira guha ibiribwa abatishoboye bari muri guma mu rugo
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here