Home Politike Martin Ngoga yongeye kugirirwa icyizere ahabwa umwanya ukomeye muri FIFA

Martin Ngoga yongeye kugirirwa icyizere ahabwa umwanya ukomeye muri FIFA

0

Umunyarwanda Martin Ngoga yatorewe kuba umuyobozi wungirije w’akanama k’imyitwarire mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi FIFA Ethics committee.

Martin Ngoga iyi ni manda ya kabiri atorewe kuri uyu mwanya kuko iyambere yayitorewe muri 2017, buri manda iba ifite imyaka ine.

Akanama k’imyitwarire muri FIFA ni kamwe mu tugize inzego z’ubutabera za FIFA, gakora ipererza no gucukumbura ibitagenda mu myitwarire igenga abanyamuryango ba FIFA.

Martin Ngoga asanzwe ari umunyamategeko kuko ari anwe muyobozi w’inteko ishingmategeko y’umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba.

Iyi nkuru yakozwe ku nkunga y’umuryango IMS

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleSimba SC ikoze amateka inyagira V Club irangiza amatsinda ari iya mbere
Next articleKarongi: Small traders happy with Covid-19 support
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here