Home Uncategorized Mu myaka 7 intare z’u Rwanda zimaze kurenga 40

Mu myaka 7 intare z’u Rwanda zimaze kurenga 40

0

Umubare w’intare mu Rwanda wazamutse ugera ku zirenga 40 kuva mu mwaka wi2015 ubwo intare zongeye kugaragara ku butaka bw’u Rwanda nyuma y’imyaka 20 zitahabarizwa

Abayobozi bavuga ko nyuma y’ubuhigi n’ibikorwa by’abantu mu Rwanda, intare zishwe ndetse kuva mu mwaka wi 2000 nta ntare n’imwe yabarizwaga ku butaka bw’u Rwanda.

Muri 2015 guverinoma y’u Rwanda yafatanije n’umuryango ukorera muri Afurika yepfo kuzana intare zirindwi muri parike y’igihugu y’ Akagera ari nazo zororotse zikaba zimaze kurenga 40.

Uyu mubare utangajwe mu ghe Isi iri kwizihaza umunsi mukuru wahariwe Intare wizihizwa buti taliki ya 10 Kanama buri mwaka ugamijwe kureba uko ubu bwoko bw’inyamaswa bwarushaho kwiyongera aho kuzima burundu.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleMadamu Jeannette Kagame yizihije isabukuru y’imyaka 60 y’amavuko
Next articleUbutumwa nahaye Perezida Kagame ni kimwe n’ubwo nahaye Tshisekedi –Binken
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here