Home Imikino Muhire wari umunyamabanga wa Ferwafa yirukanwe

Muhire wari umunyamabanga wa Ferwafa yirukanwe

0

Umunyamabanga w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, Muhire Henri Brulart, yahagaritswe ku mwanya we kubera amakosa atandukanye yakoze mu nshingano ze.

Muhire yahise asimbuzwa Delphine Uwanyiligira wari Komiseri w’ibijyanye n’Amategeko mu buryo bw’agateganyo.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleNyuma y’imyaka 5 atagera mu Rwanda Perezida Museveni ategerejwe i Kigali
Next articlePerezida Kagame mu nama yo gukemura ibibazo bya DRC na M23
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here