Home Amakuru Mukeshabatware wamamaye mu makinamico atandukanye yitabye Imana.

Mukeshabatware wamamaye mu makinamico atandukanye yitabye Imana.

0

Mukeshabatware Dismas wamamaye cyane mu kwamamaza Ikinyamakuru Imvaho Nshya n,umukinnyi w’amakinamico atandukanye arimo na museke weya yitabye Imana.

Imvaho dukesha iyi nkuru ivuga ko abo mu muryango we wa hafi agaragaza ko Mukeshabatware yitabye Imana azize indwara y’umutima akaba yashizemo umwuka mu masaha ahyira saa sita z’amanywa, mu Bitaro Byitiriwe Umwami Faisal.

Yakoze muri imprimerie y’Imvaho Nshya  yayo kuva mu myaka ya 1980 kugeza mu myaka ya 2000 ari na bwo yakomeje ayamamaza kuri Radio Rwanda. Mu bindi bikorwa yamenyekanyemo ni ibyo gukina ikinamico.

Umwe mu bana be bavuganye n’Imvaho Nshya yavuze ko bitarenze ku munsi w’ejo hazaba hamenyekanye igihe cyo kumusezeraho.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleNsengiyumva Francois “Igisupusupu” afunzwe akekwaho gusambanya umwana
Next articleAbakundana bahuje igitsina bo mu karere k’Ibiyaga bigari bahuriye mu Rwanda
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here