Home Ubutabera Munyenyezi wirukanwe muri Amerika yasabiwe gufungwa by’agateganyo

Munyenyezi wirukanwe muri Amerika yasabiwe gufungwa by’agateganyo

0

Ubushinjacyaha bwasabiye Munyenyezi gufungwa by’agateganyo mu rukiko rwibanze rwa kicukiro ahari kubera urubanza rwo gufungwa no gufungurwa by’agateganyo mbere yuko hatangira urubanza mu mizi.

Munyenyezi Beatrice yuma yo kwirukanwa muri Amerika aakurikiranywe n’ubutabera ibyaha byo kugira uruhare muri Jneoside yakorewe Abatutsi mu 19994.

Munyenyezi Béatrice yagejejwe mu Rwanda ku wa 16 Mata 2021 aturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yari yarasabye ubuhungiro ariko nyuma yo kubeshya ku ruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi akaza kubwamburwa.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleCharles N. Lambert yatangije urugamba rwo kubaho bwa kabiri kwa Afurika
Next articleTanzania: Perezida Suluhu yababariye imfungwa 5000
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here