Home Amakuru Munyenyezi yitabye urukiko bwambere nyuma yo kwirukanwa muru Amerika

Munyenyezi yitabye urukiko bwambere nyuma yo kwirukanwa muru Amerika

0

Ku gicamunsi kuri uyu wa gatatu Munyenyezi yagejejwe mu rukiko i Kigali aje kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.

Yinjijwe mu cyumba cy’urukiko kirimo abanyamakuru n’abapolisi yambaye ibyenda ya siporo n’amapingu ku maboko.

Hagiye gushira ibyumweru bibiri yoherejwe na Amerika mu Rwanda aho ashinjwa ibyaha bitandatu birimo jenoside, gushishikariza gukora jenoside no gufata ku ngufu…

Muri Amerika yari arangije igihano cyo gufungwa imyaka 10 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kubeshya inzego za Amerika zishinzwe abinjira n’abasohoka kugira ngo abone ubwenegihugu…

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleHari Abanyecongo batanze ikirego mu Bufaransa barega abayobozi bakuru b’u Rwanda
Next articleU Rwanda ku mwanya wa 69 ku Isi mu kugira internet ihendutse
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here