Home Uncategorized Muri Kenya bahashimutiye umuntu washakishwaga cyane

Muri Kenya bahashimutiye umuntu washakishwaga cyane

0

Ibitangazamakuru bya leta ya Turukiya bivuga ko inzego z’umutekano zikorera mu mahanga zafashe mwishywa w’umunyedini ushakishwa cyane uri mu buhungiro Fetullah Gulen, maze zimusubiza muri Turukiya.

Aya makuru avuga ko Selahaddin Gulen ari umwe mu bayobozi bayoboye icyo guverinoma ya Turukiya yita umutwe w’iterabwoba wa Fetullah Gulen.

Umugore wa Selahattin Gulen, Serriye, umwarimu muri Kenya, yashyize hanze amashusho ku mbuga nkoranyambaga mu minsi 11 ishize avuga ko umugabo we yashimutiwe i Nairobi, kandi ko afite ubwoba ko bamujyana muri Turukiya yari isanzwe imushakisha.

Perezida Recep Tayyip Erdogan arashinja Fetullah Gulen kuba yaratsinzwe mu myaka hafi itanu ishize. Bwana Gulen utuye muri Amerika, yahakanye ko atabigizemo uruhare.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleCopa Amerika ibura igihe gito cyane ngo itangire ntiharamenyekana aho izabera
Next articleNyuma yo kwimwa passport Karasira Aimable arafunzwe
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here