Home Uncategorized Mwai Kibaki wategetse Kenya imyaka 10 yitabye Imana

Mwai Kibaki wategetse Kenya imyaka 10 yitabye Imana

0

Mwai Kibaki wabaye Perezida wa Kenya hagati y’umwaka wa 2003 kugeza 2013 yitabye Imana afite imyaka 90.

Inkuru y’urupfu rwa Kibaki yatangajwe na Perezida Uhuru Kenyatta, Kenyatta avuga ko ari inkuru y’akababaro yamenyekanye kuri uyu wa gatanu. Mwai Kibaki azibukwa cyane nka Perezida wa Kenya wagize uruhare mu izamuka ry’ubukungu bw’iki Gihugu. Gusa nano yibukwa na benshi kubera akavuyo kabaye mu matora yamushyize ku butegetsi yo mu mwaka wi 2007.

Kuva kuri uyu wa gatanu ni icyunamo muri iki gihugu kuko Perezida Kenyatta yategetse ko ibendere ry’iki Gihugu rimanurwa kugera mu gice mu gihugu hose

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleN’abasanzwe bahakana Jenoside yakorewe Abatutsi batunguwe n’ amagambo y’umuyobozi wa kaminuza
Next articleLeta ya RD Congo yakuye M23 mu mitwe bakomeza kugirana ibiganiro
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here