Home Uncategorized Nta Rukiko ruzaca urubanza muri iki Cyumweru

Nta Rukiko ruzaca urubanza muri iki Cyumweru

0

Muri iki cyumweru abacamanza n’abanditsi bo mu Rukiko rukuru, mu nkiko zisumbuye no mu nkiko zibanze ntibazaboneka mu nkiko bari guca imanza kuko bari mu mahugurwa azamara icyumweru cyose.

Urwego rw’ubutabera mu Rwanda rwatangaje ko abari bafite imanza muri iki cyumweru bakwifashisha ikoranabuhanga bakabona andi mataliki imanza zabo zizaburanishirizwaho.

Abacamanaza n’abanditsi b’izi nkiko bari guhugurwa ku itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi, iz’umurimo n’izubutegetsi ndetse n’itegeko rirebana n’ububasha bw’inkiko.

Itangazo ry’urwego rw’ubutabera risubika imanza zose zo muri iki cyumweru.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleNyuma yo kwimwa passport Karasira Aimable arafunzwe
Next articleUmutegetsi ukomeye muri Uganda yarusimbutse hapfa umukobwa we mu gitero yagabweho
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here