Home Uncategorized Perezida Kagame yakoze impinduka mu gisirikare

Perezida Kagame yakoze impinduka mu gisirikare

0

Kuri uyu wa gatanu Perezida Kagame yakoze impinduka mu gisirikare cy’u Rwanda anazamura mu ntera Gen Major Mubaka Muganga amugira Lit General.

General Major Mubarakh Muganga wari ukuriye ingabo mu mujyi wa Kigali no Muntara y’Uburasirazuba nyuma yo kuzamurwa mu ntera yahise anagirwa Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka asimbura Lit Gen Jacques Mupenzi.

Lt General Jean Jaques Mupenzi wari ukuriye ingabo zirwanira ku butaka yagizwe Umugaba w’Ingabo zirwanira mu kirere.

General Major Emmanuel Bayingana wayoboraga ingabo zirwanira mu kirere yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’ingabo.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleGen Murasira yahagarariye Perezida Kagame muri Congo
Next articleKaridinali Kambanda Antoine yavuze kuri Maping Report
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here