Home Politike Perezida wa njyanama yagizwe umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda

Perezida wa njyanama yagizwe umuyobozi wa Kaminuza y’u Rwanda

0

Kuri uyu wa gatandatu nibwo Perezida Kagame mu bubasha ahabwa n’itegeko nshinga ryo mu mwaka wi 2003 ryavuguruwe mu mwaka wi 2015 yagize bwana Dr.Didas Kayihura Muganga, umuyobozi mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda.

Dr. Kayihura giye kuri uyu mwanya simbuye Prof Alexandre Lyambabaje weguye kuri uyu mwanya mu mezi abiri shize ashaka kujya mu kiruhuko cy’izabukuru.

Dr.Didas Kayihura Muganga ni umunyamategeko w’umwuga ubimazemo igihe kandi akaba atari mushya mu buyobozi kuk yari asanzwe ayoboye inama njyanama y’umujyi wa Kigali anayobora ishuri rikuru ry’amategeko ILPD riru i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleIfoto ya Perezida Kagame na Kayumba Nyamwasa yateje impaka mu rukiko
Next articleUbwongereza: Abadepite banenze ibyo kohereza abimukira mu Rwanda
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here