Home Politike Regis Gatarayiha yazamuwe mu ntera ahabwa izindi nshingano

Regis Gatarayiha yazamuwe mu ntera ahabwa izindi nshingano

0

Gatarayiha François Regis uherutse gusimbuzwa mu kigo cy’Igihugu gishinzwe abinjir n’abasohoka yazamuwe mu ntera akurwa ku ipeti rya Lit col agirwa Col anagirwa ukuriye itumanaho, ikoranabuhanga no kurwanya ibyaha by’ikoranabuhanga mu gisirikare cy’u Rwand.

Muri iki cyumweru nibwo Perezida Kagame yakoze impinduka mu bigo bimwe bya Leta asimbuza Col Gatarayiha Regis, wari umaze imyaka itatu ACP Lynder Nkuranga mu kigo gishinzwe abinjira n’abasohoka.

Regis Gatarayiha wahawe inshingani nshya mu ngabo z’u Rwanda, mbere yo kuyobira ikigo cy’igihugu cy’abinjira n’abasohoka yayobiraga ikigo ngenzura mikorere cy’imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro RURA

Usibye Gatarayiha, Perezida Kagame yazamuye n’abandi basirikare batandukanye bari bafite ipeti ryA Lt Col abagira aba Koloneli nk’uko itangazo ryasohowe na minisiteri y’ingabo ribivuga.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articlePerezida Kagame yayoboye inama y’Abasirikare bakuru,abapolisi n’abo mu iperereza
Next articleMinisiteri y’ibikorwa remezo yagawe
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here