Uganda yinjiye mu rugamba rwo guhiga interahamwe muri Congo

Umuhungu wa Perezida Museveni akaba n’umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka mu gihugu cya Uganda yatangaje ko ingabo z’iki gihugu zifatanyije n’ingabo z’u Rwanda mu guhiga interahamwe we yise ibicucu byambere ku Isi. Mu butumwa Gen Muhoozi Kainerugaba yacishije ku rukuta rwe rwa twitter akunda gukoresha agaragaza amarangamutima ye yavuze ko bizeye ko uru rugamba … Lees meer Uganda yinjiye mu rugamba rwo guhiga interahamwe muri Congo