Home Amakuru Uheruka guhirika ubutegetsi muri Mali yarahiriye kuba Perezida

Uheruka guhirika ubutegetsi muri Mali yarahiriye kuba Perezida

0

Col Assimi Goïta, umuyobozi w’abaherutse guhirika ubutegetsi muri Mali, yarahiriye ku mugaragaro kuba perezida w’agateganyo w’iki gihugu kandi anizeza abaturage “amatora yizewe, akwiye kandi yo mu mucyo”. amakuru avuga koamatora rusange ateganijwe muri Gashyantare umwaka utaha.

Ibyumweru bibiri bishize yakuyeho perezida winzibacyuho na minisitiri wintebe muri coup d’Etat –  bwari ubwa kabiri ahiritse ubutegetsi mu mezi icyenda ashize.

Ibintu byabereye muri Mali byamaganwe n’abanyamuryango ba Ecowas ndetse n’umuryango w’ubumwe bw’Afurika, iyi miryango yombi yahagaristse Mali kua umunyamuryango wabo. Hagati aho Ubufaransa bwahagaritse ibikorwa bya gisirikare ihuriyeho na Mali.

Ibiro ntaramakuru ntibiratangaza amafoto ayo ari yo yose yo mu muhango w’irahira ryo kuri uyu wa mbere ariko hari amafoto amwe agaragaza ibbera mu murwa mukuru Bamako.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleUrugaga rw’abavoka b’Abanyabulayi rwasabye u Rwanda kurekura Rusesabagina
Next articleKagere Medie yihakanye Gakumba uzwi Super manager
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here