Hari Perezida w’igihugu gikomeye wansabye gufungura Rusesabagina – Perezida Kagame

Nyuma y’imyaka ibiri perezida Kagame ataganira n’abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda yongeye ku bakira ku wa kabiri w’iki cyumweru baraganira anakomoza ku muyobozi w’Igihugu gikomeye ku Isi wamusabye gufungura Paul Rusesabagina wahamijwe ibyaha by’iterabwoba. Perezida Kagame muri iki kiganiro yahishimiye ibihugu aba badipolamate bahagarariye avuga ko ari ibikomeye n’ibyoroshye byose byagize uruhare mu iterambere u … Lees meer Hari Perezida w’igihugu gikomeye wansabye gufungura Rusesabagina – Perezida Kagame