Ikiganiro mpaka cya Macron na Marine Le Pen biyamamariza kuyobora Ubufaransa

Iminsi ine mbere y’uko Ubufaransa butora perezida, abakandida babiri basigaye bahanganye mu kiganiro mpaka kimwe kibaho hagati yabo. Nyuma y’izi mpaka Marine Le Pen yaje inyuma ya Emmanuel Macron mu ikusanyabitekerezo ariko haracyari miliyoni nyinshi z’abatora zitarerekana aho zihagaze. Ntabwo byafashe igihe kinini ngo impaka zabo zitangire gushyuha muri iki kiganiro kimara isaha imwe n’iminota … Lees meer Ikiganiro mpaka cya Macron na Marine Le Pen biyamamariza kuyobora Ubufaransa