Minisitiri wa Amerika aje mu Rwanda mu kibazo cya Rusesabagina

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken agiye kugirira uruzinduko rw’imisni itatu mu Rwanda aho mu byo azaganira n’abayobozi bakuru b’u Rwanda harimo n’ifungwa rya Paul Rusesabagina. Antony Blinken azagera mu Rwanda taliki ya 10 Kanama ahave taliki ya 12, mu Rwanda niho azasoreza ingendo ze zitandukanye kuko azahagera avuye … Lees meer Minisitiri wa Amerika aje mu Rwanda mu kibazo cya Rusesabagina