U Rwanda rwizihije ubwisanzure bw’itangazamakuru runitegura kuburana ikirego cyo kuriniga

U Rwanda rwizihije umunsi w’ubwisanzure bw’itangazamakuru leta itegura abanyamategeko bayo kuburana n’umwe mu banyamakuru wamaze  kuregera urukiko rw’ikirenga asaba ko  amwe mu mategeko abangamira ubwisanzure ahinduka. Umunyamakuru Byansi Samuel Baker asanga hari amategeko atatu avuga ko abangamiye ubwisanzure bw’itangazamakuru akaba anahabanye n’ibiteganywa n’itegekonshinga mu bwisanzure bw’itangazamakuru. Byansi Samuel afashijwe n’umuryango ufasha abantu mu by’amategeko Legal … Lees meer U Rwanda rwizihije ubwisanzure bw’itangazamakuru runitegura kuburana ikirego cyo kuriniga