Home Amakuru Hatahuwe umugambi wo guhitana Perezida wa Madagascar

Hatahuwe umugambi wo guhitana Perezida wa Madagascar

0

leta ya Madagascar iravuga ko yaburijemo umugambi wo guhitana perezida Andry Rajoelina.

Ubushinjacyaha bukuru bwatangaje ko muri iki cyumweru abaturage benshi ba Madagascar n’abanyamahanga batawe muri yombi, mu rwego rwo gukora iperereza kuri uyu mugambi.

Itangazo ry’umushinjacyaha mukuru ryashinje abakekwaho gutegura guhitana perezida w’iki gihugu ”  gutesha agaciro amahitamo y’abaturage”.

Mu kwezi gushize, ubwo bizihizaga umunsi w’ubwigenge bwa Madagascar, abayobozi batangaje ko baburijemo umugambi wo kwica umuyobozi w’igipolisi cy’igihugu, Jenerali Richard Ravalomanana.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleKicukiro niyo igaragza ubwandu bushya bwinshi bwa Covid-19 muri Kigali
Next articleRusizi: Abajyana b’ubuzima nta makuru bafite ku bwoko bushya bwa Corona
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here