Home Politike Abaturutse hanze y’u Rwanda bongeye gushyirirwaho akato

Abaturutse hanze y’u Rwanda bongeye gushyirirwaho akato

0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu leta y’u Rwanda yongeye gufata umwanzura ko abantu bose baturutse hanze y’u Rwanda bashaka kurwinjiramo babanza guca mu kato k’amasaha 24 muri hoteli biyishyuriye.

Uyu mwanzuro w’abantu baturutse hanze bagomba kubanza guca mu kato uratangira gushyirwa mu bikorw ku cyumweru taliki ya 28 Ugushyingo 2021.

Ibi bije nyuma yigihe bikuweho nyuma yuko byagaragaraga ko ubwandu bushya bwagabanutse. Gusa hari impungenge za Covid-19 nshya yihinduranye inshuro 30.

Iyi Covid nshya yihinduranya imaze kugaragara mu Bihugu byinshi birimo n’ibyo muri Afurika. Ibihugu bimwe byo ku mugabane w’Uburayi byo byafashe imyanzuro ikomeye irimk no kubuza abaturage baturuka mu bihugu iyi Covid irimo kwinjirayo.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleUbwoko bushya bwa Cvid-19 buteye ubwoba bwahawe inkomoko yo muri Afurika
Next articleCOVID19: Barasabwa kutumva ibihuha bivugwa ku nkingo
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here