Home Politike Perezida Kagame yongeye kwizeza abanyarwanda umutekano

Perezida Kagame yongeye kwizeza abanyarwanda umutekano

0

Ubwo yatangizaga inama y’igihugu y’umushyikirano Perezida Kagame, yagarutse ku mutekano yizeza abanyarwanda ko Igihugu gitekanye kandi ko ariko bizahora avuga ko ntakizaturuka inyuma y’umupaka ngo kize guhungubanya abanyarwanda kandi ko nta n’uwabigerageza

“Igihugu kiratekanye, kirarinzwe kandi niko bizahora” perezida Kagame yavuze ko atasubizanyije n’abantu bo mu burengerazuba bw’Igihugu n’abo mu majyepfo yacyo ku magambo bavuga kuko atica  ariko ko “ bazabona isomo rikomeye mu gihe cyabyo bakabona ko bibeshye.”

Mu ijambo rye kandi Perezida Kagame yasabye abitabiriye iyi nama y’umushyikirano ku nshuro ya 19 kwicara bagasasa inzobe bakavuga ibitagenda.

Kurikira ijambo ry apeerzida Kagame avuga ku mutekano w’Igihugu mu majwi n’amashusho

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleUmuyobozi mu ntara y’amajyepfo afunzwe azira guhohotera umugore na ruswa
Next articleImanza eshatu za Arusha zatwaye amafaranga angana n’ayakoreshejwe mu nkiko Gacaca
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here