Home Politike Amashusho: Byemejwe, uburundi bwafunze imipaka ibuhuza n’u Rwanda buniraka abanyarwanda

Amashusho: Byemejwe, uburundi bwafunze imipaka ibuhuza n’u Rwanda buniraka abanyarwanda

0

Minisitiri w’umuteka mu gihugu cy’Uburunde yemeje ko imipaka ihuza igihugu cye n’u Rwanda yose ifunzwe kandi kandi ko nta munyarwanda ukenewe ku butaka bw’u Burundi ko nabari baburiho bamaze kwirukanwa.

Ibi yabitangarije mu nama y’amuhuje n’abayobozi b’intara ya Kayanza kuri uyu wa kane aho yavuze ko iki cyemezo cyafashwe nyuma yo gusanga bafite umuturanyi mubi. U Rwanda ruvuga ko ibi rwabibonye mu binyamakuru ariko ko bigira ingaruka ku mihahirane yari hagati y’ibihugu byombi no ku musazerano y’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba ibihugu byombi bihuriryemo.

kurikira inkuru yose mu majwi n’amashusho

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleTwagirayezu Wenceslas woherejwe mu Rwanda na Danmark ni umwere ku byaha bya Jenoside
Next articleUmusirikare wa Congo yarasiwe mu Rwanda hafatirwa n’abandi babiri
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here