Home Amakuru DRC:Umuryango w’umugore wa Perezida Tshisekedi ukomeje kubona imyanya mu butegtsi

DRC:Umuryango w’umugore wa Perezida Tshisekedi ukomeje kubona imyanya mu butegtsi

0

Mu mpera z’icyumweru gishize ku wa gatandatu taliki ya 30 Nyakanga 2022, PerezidT tshisekedi yashyizeho abahagarariye iu ayoboye mu mahanga bashya 21, muri bo izina ryagarutsweho cyane ni Jaynet Djuma Nyakeru umuvandimwe wa Janette Nyekuru umugore wa Perezida Tshisekedi.

Uhagarariye DRC muri Ghana ubu ni Jaynet Djuma Nyakeru umuvandimwe mu maraso wa Janette Nyekuru umugore wa Perezida Tshisekedi, afite ubunararibonye mu bijyanye n’ububanyi n’amahanga akaba yari n’umuyobozi mu biro bya minisitiri mu gihe cya minisitiri w’intebe Sylvestre Illunga.

John Nyekuru, nawe avuka mu muryango w’umufasha wa Perezida Tshisekedi asanzwe ari ambasaderi wa Congo mu Kenya.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articlePerezida Kagame yashyizeho minisiteri nshya anakora impinduka muri guverinoma
Next articleUmushahara w’umwarimu w’amashuri abanza ugiye kwikuba hafi 2
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here