Home Amakuru kugera mu rugo ni saa moya, ingendo zambukiranya Uturere zirabujijwe

kugera mu rugo ni saa moya, ingendo zambukiranya Uturere zirabujijwe

0

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wambere iyobowe na Perezida Kagame yafashe ingamba zitandukanye zo gukumira ikwirakwira rya Covid-19 zirimo ko ingendo zibujijwe hagati ya saa moya z’ijoro na saa kumi za mugitondo.

Izindi ngamba harimo ko ingendo hagati y’umujyi wa Kigali n’izindi Ntara zibujijwe ndetse n’ingendo hagati y’Uturere zibujijwe. izi ngamba zose zizatangira kubahirizwa kuwa gatatu taliki ya 23 Kamena 2021

Dore ibyemezo byose by’inama y’Abaminisitiri

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleNyuma y’icyumweru inama y’abaminisitiri yongeye guterana kubera Covid-19
Next articleAnge Kagame yeretse ababyeyi uko bakuza ubwonko n’igihagararo by’abana babo
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here