Home Amakuru Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yakubiswe n’umuturage

Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yakubiswe n’umuturage

0

Kuri uyu wa kabiri Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron, yahohotewe n’umuturage amukubita urushyi ku itama bitangaza benshi mu bari bamutegereje n’abamurinda.

Ibi byabereye mu majyepfo y’Uburengere zuba y’Ubufaransa mu ngendo Perezida Macron arimo zo gusura uduce dutandukanye tw’Ubufarnsa.

Ntiharamenyekana icyateye uyu muturage gukubita urushyi umukuru w’Igihugu kuko nkuko bigaragara ku mashusho uyu muturage yabikoze nta gihunga afite bigaragara nk’ibintu yari yiteguye.

Inzego z’umutekano muri iki gihugu zatangaje ko zamaze guta muri yombi abantu babiri bakekwaho guhohotera Perezida w’Igihugu.

Amashusho

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleUbudage bugiye gucyura inzoga bwari bwoherereje abasirikare babwo muri Afghanistan
Next articleNubwo Rusesabagina atajya arwara ahabwa umuganga uko abyifuje -RCS
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here