Home Amakuru RDC: M23 irashinjwa kwica abasivile itizeye

RDC: M23 irashinjwa kwica abasivile itizeye

0
Impuzni zahungaga intambara ya M23 n'ingabo za leta mu ntangiriro z'ukwezi gushize kwa Kamena 2022

NIbura abasivike 29 nibo bivugwa ko bishwe n’umutwe w’inyeshyamba za M23 hagati mu kwezi gushize kwa Kamena nk’uko bitangazwa na raporo y’umuryango mpuzamahanga uharaira uburenganzira bwa muntu Human Right Watch yasohotse mu gitondo cyo kuri uyu wambere.

Muri iyi raporo hari aho uyu muryango uvuga ko taliki ya 21 Kamena 2022 nibura abatu 17 barimo ingimbi 2 aribo bishwe bashinjwa guha amakuru abasirikare ba Leta FARDC,avuga aho ibirindiro bya M23 biri.

Ubu bwicanyi bwakorewe abasivili nyuma y’ibitero bikomeye byahuje ingaboza za Congo n’inyeshyamba za M23 mu mudugudu wa Ruvumu.

M23 ijhakana ibi birego ishinjwa n’uyu muryango mpuzamahanga ivuga ko ntashingiro bifite huwbo ko ari ibigamije kubaca integeko no kubateranye n’abaturage barwanira.

Impunzi zahungaga intambara ya M23 n’ingabo za leta mu ntangiriro z’ukwezi gushize kwa Kamena 2022
Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleKigali: Hadutse umusuwisikazi wigisha imikino ifasha mu ihumure
Next articleImodoka yaguye mur ruzi mu mpanuka yahitanye abantu benshi
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here