Home Uncategorized Umunyamakuru w’ikinyamakuru cya leta yarasiwe iwe mu rugo

Umunyamakuru w’ikinyamakuru cya leta yarasiwe iwe mu rugo

0

Umunyamakuru ukora mu gitangazaakuru cya leta ya Kenya yarasiwe iwe mu murwa mukuru Nairobi. Ku mugoroba wo ku wa gatatu, abantu babiri bitwaje imbunda binjiye mu rugo rwa Betty Barasa.

Bategetse umugabo we n’abana kuryama hasi maze umwe mu bitwaje imbunda ajyana Madamu mu cyamba bumurasiramo.

Nyuma umuryango wumvise urusaku rw’amasasu abiri maze umuntu witwaje imbunda asohoka mu cyumba n’undi ahit amakurukira.

Polisi yo mu gace ka Ngong ivuga ko Madamu Barasa yapfuye azize igikomere cy’isasu bamurashe mu mutwe.

Impamvu yatumye yicwa nanubu ntiramenyekana.

Inama y’itangazamakuru na Kenya yamaganye ubwo bwicanyi isaba ko hakorwa iperereza ryihuse:

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleUbufaransa bwashyize hanze inyandiko zo mu gihe cya jenoside
Next articleUmva amagambo akekwa kuba intandaro y’ihamagazwa rya Adeline Rwigara
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here