Home Politike Umusirikare wa Congo yarasiwe mu Rwanda arapfa

Umusirikare wa Congo yarasiwe mu Rwanda arapfa

0

Amakuru aturuka mu Karere ka Rubavu ataremezwa n’urwego na rumwe ruibifitiye ububasha aremeza ko hari umusirikare wa Congo warashwe n’inzego zishinzwe umuteka z’u Rwanda agahita yitaba Imana nyuma yuko yari yinjiye mu Rwanda arasa abashinzwe ubumutekano b’u Rwanda gusa we nta n’umwe yishe.

Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu taliki ya 17 Kamena 2022, bibera mu Karere ka Rubavu ku mupaka muto uzwi nka Petite Barriere utandukanye u Rwanda na Congo.

Abaturage n’abanyamakuru batandukanye bari muri Rubavu n’ahandi nibo batangaje aya amakuru babicishije kumbuga nkoranyambaga zabo.

Undi munyamakuru w’ikinyamakuru Jeune afrique, Stanis Bujakera Tshiamala, avuga ko yahawe amakuru n’inzego z’ibihugu byombi ko abaminisitiri bashinzwe ububanyi n’amahanga b’Ibihugu byombi bavuganye kuri iki kibazo n’ubwo ku ruhande rwa Congo bakiri gushaka uburyo bahamya aya makuru.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleU Rwanda nirwo ruyoboye ibijyanye n’Uburenganzira bwa Muntu muri Commonwealth
Next articleAbapolisi 2 b’u Rwanda barashwe n’umusirikare wa Congo
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here