Home Uncategorized Utubari twakomorewe, Kugera mu rugo ni saa tanu

Utubari twakomorewe, Kugera mu rugo ni saa tanu

0

Inama y’Abaminsitiri yateranye kuri uyu wa kabiri taliki ya 21 Nzeri 2022, iyobowe na Perezida Kagame yafashe imyanzuro itandukanye irimo iyo gufungura utubari mu byiciro no kuvanaisaha yo kugera mu rugo saa yine za ninjoro ishyirwa saa tanu z’ijoro.

Umwaka n’igice wari ushize nta kabari kemerewe gukora mu Rwanda, inama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa kabiri yahariye minisiteri y’ubucuruzi n’inganda n’ikigo cy’igihugu cy’iterambere ibikorwa byerekeranye n’ifungurwa ry’utubari.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleCANAL + na Airtel batangije ubufatanye.
Next articleU Rwanda rukoze amateka mu mukino w’amagare nyuma y’imyaka 100
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here