Home Ubutabera Amashusho: Polisi y’u Rwanda iri kurushanwa kurasa n’abandi ba polisi bo...

Amashusho: Polisi y’u Rwanda iri kurushanwa kurasa n’abandi ba polisi bo Ku Isi

0

U Rwanda ni kimwe mu bihugu birenga 70 byohereje polisi y’Igihugu ishami rishinzwe ubutabazi mu marushanwa ya polisi ari kubera muri leta zunze ubumwe z’abarabu (EAU).

ACP Boniface Rutikanga, umuvugizi wa polisi y’Igihugu, avuga ko aya marushanwa afasha polisi y’u Rwanda kwipima ku bindi b’ipolisi byo ku Isi akanafasha mu mibanire na polsi z’ibindi bihugu.

Aya marushanwa aba arimo ibice bitandukanye birimo, kwiruka, kurasa no kugaragaza ubundi bumenyi bwose bukenerwa mu gutabara abari mu kaga.

Ni kunshuro ya gatatu u Rwanda rwitabirye aya amarushanwa, umwaka ushize rwaje mu ihugu 10 byambere. Kuri buri cyiciro cy’irushanwa bahemba batanu bambere, hagahembwa na batanu bahize abandi mu irushanwa ryose

Kurikira ikiganiro mu majwi n’amashusho umuvugizi wa polisi asobanura iby’aya marushanwa

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleNatunguwe no gusanga bategeka abantu kuva mu ishyaka ryacu – Depite Frank Habineza
Next articleImyanzuro y’inama y’igihugu y’umushyikirano
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here