Home Amakuru Burundi: Ibitero byiswe iby’iterabwoba byahitanye babiri

Burundi: Ibitero byiswe iby’iterabwoba byahitanye babiri

0

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri mu murwa mukuru w’ubukungu wu Burundi Bujumbura, humvikanye iturika rya gerenade ryahitanye abaturage babiri.

Minisiteri y’umutekano muri iki Gihugu yemejeko hamaze gupfa abantu babiri bahitanywe n’ibi bitero bise iby’iterabwoba abandi bataramenyekana umubare wabo barakomereka.

Iyi minisiteri ivuga ko umwe mu bateye izi gerenade yakomeretse akaba yahise anafatwa akaba ari gukorwaho iperereza.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleAbanyecongo barahungira i Rubavu n’Abanyarubavu bagahungira i Kigali
Next articleAnge Kagame yakozwe ku mutima n’amagambo se yavuze
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here