Home Umuco Ibirori by’irayidi bisoza igisibo ku bayisilamu biri kuri uyu wa mbere

Ibirori by’irayidi bisoza igisibo ku bayisilamu biri kuri uyu wa mbere

0

Umuryango w’abayisilamu mu Rwanda wemeje ko kuri uyu wambere taliki ya 2 Gicurasi aribwo abayisilamu bizihiza umunsi mukuru uzwi nka Eid el Fitl usoza iminsi 30 bamazemo igisibo.

Ni umunsi mukuru ugiye kwizihizwa Covid-19 icishije make kuko hashize imyaka 2 uyu munsi utizihizwa neza kubera iki cyorezo. Umuryango w’abayisilamu mu Rwanda watangaje kandi ko isengesho ryo kuri uyu munsi rizabera kuri sitade ya Kigali kuri uyu wambere saa kumi n’ebyiri za mugitondo.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleKu hihohoterwa ry’aba miss Perezida Kagame yibajije niba ari uburangare cyangwa umuco mubi
Next articleMbere gato y’inama ya CHOGM Perezida Kagame yanenze amahoteli yo mu Rwanda
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here