Home Amakuru Jacob Zuma wategetse Afurika yepfo agiye gufungwa

Jacob Zuma wategetse Afurika yepfo agiye gufungwa

0

Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga muri Afurika y’Epfo rwakatiye Jacob Zuma wigeze kuyobora Afurika y’epfo igifungo cy’amezi 15.

Sisi Khampepe, Umucamanza mukuru wungirije niwe waciye uru rubanza, mu isomwa ryabereye i Johannesburg kuri uyu wa kabiri nkuko bitangazwa n’ibinyamakuru bitandukanye.

Zuma yahamijwe ibyaha birimo gukorana n’abakire b’aba Gupta mu gusahura umutungo w’igihugu no kuba yaranze kwitaba Urukiko ngo yisobanuri kuri ibyo byose yakekwagaho.

Jacob Zuma yetegetse Afurika y’Epfo  mu gihe cy’imyaka umunani, asimbuye Thabo Mbeki.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleIteka rishya rya minisitiri rigena ikoreshwa ry’urumogi mu Rwanda
Next articleLeta, abafatanyabikorwa n’ababyeyi barasabwa kugira uruhare mu mirire myiza y’ingimbi n’abangavu
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here