Home Politike Perezida Kagame yakoreye urugendo rwambere hanze y’igihugu muri 2021

Perezida Kagame yakoreye urugendo rwambere hanze y’igihugu muri 2021

0

Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri Perezida Kagame yagiriye uruzinduko mu Gihugu cya Angola aho yagiranye ibiganiro na mugenzi we Joao Lorenco ndetse akaza no kwitabira inama y’umutekano y’Akarere k’ibiyaga bigari irabera muri iki Gihugu uyu munsi.

Ni urugendo rwambere perezida Kagame akoreye hanze y’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2021. Igihugu cya Angola ni kimwe mu bihugu yagiriyemo ingendo nyinshi mu myaka ishize hari mu biganiro byamuhuzaga na mugenzi we wa Uganda Yoweri Museveni byari bigamije kubunga.

Inama y’umutekano y’ibiyaga bigari iribwitabirwe na Perezida Kagame ntiharamenyekana abandi bakuru b’Ibihugu baza kuyitabira. ni amakuru dukomeza kubakurikiranira.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleIdriss Deby yatorewe kuyobora Tchad ku nshuro ya gatandatu
Next articleU Rwanda kumwanya w’156 mu bihugu 180 mu kuniga itangazamakuru
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here