Home Ubutabera Polisi y’Igihugu yaburiye abakwirakwiza amafoto y’abari mu kaga kumbuga nkoranyambaga

Polisi y’Igihugu yaburiye abakwirakwiza amafoto y’abari mu kaga kumbuga nkoranyambaga

0

Polisi y’Igihugu yaburiye abakoresha imbugankoranyambaga bakwirakwiza amashusho n’amafoto y’abantu bari mu kaga ibabwira ko bashobora kwisanga imbere y’ubutabera kubera ibyo bikorwa.

Polisi y’Igihugu ivuga ko amashusho atemewe ari amaraso y’abantu bari kuva amaroso, amafoto y’umurambo n’andi.

Ikomeza igira iti: “ By’umwihariko gukwirakwiza amafoto y’impanuka. Ahabereye icyaha, impanuka, inkongi n’umuntu wariwe wese uri mu kaga ntibyemewe kuko ari intandaro y’imyitwarire ishobora kuba ibyaha.”

Polisi ivuga ko zimwe mu ngaruka nzo gukwirakwiza amfoto y’uwahuye n’ibyago ari ukumetesha agaciro, kongerera intimba umuryango we ndeste no kubangamira iperereza.

Ni muri urwo rwego polisi y’u Rwanda aiviga ko gutabariz auri mu kaga byemewe hakoreshejwe n’imbuga nkoranyammbaga aariko ko bikwiye gukorwa hirindwa gukwirakwiza mashusho n’amafoto by’utabarizwa kuko bishoobra kuba intandaro y’ibyaha.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleKicukiro: Akarere karashishikariza abafatanya bikorwa bakorana gufasha abaturage gusobakukirwa amategeko y’ingenzi
Next articleInteko ishingamategeko yemeje ingengo y’imari ya ya miliyari 7.032,5 Frw u Rwanda ruzakoresha mu 2025/2026
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here