Home Politike Arthur Asiimwe ntakiri umuyobozi wa RBA yasimbuwe na Barore

Arthur Asiimwe ntakiri umuyobozi wa RBA yasimbuwe na Barore

0

Arthur Asimwe, yasimbuwe ku buyobozi bw’ikigo cy’Ikigo cy’Ikigihugu cy’itangazamakuru RBA, na Barore Cleophas, wari umujyanama  we mubijyanye n’ikoranabuhanga.

Ibi  byatangajwe mu itangazo ry’ibiro bya minisitiri w’Itebe, Edouard Ngirente, kuri uyu wa kane taliki ya 14 Ukuboza.

Arthur Asimwe, yagizwe umuyobozi muri ambasade y’u Rwanda  muri Leta Zunze ubumwe za Amerika i Washington. Ubusanzwe itegeko rishyiraho ikigo cy’itangazamakuru RBA nti rigena manda y’umuyobozi wacyo kuko Arhtur Asiimwe yari maze imyaka icumumi (10) akiyobora kuva cyashyirwaho muri 2013, kandi byinshi mu bigo bya leta abayobozi babyo itegeko ribagenera manada y’imyaka itanu (5) yongerwa rimwe gusa.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleNibura umuturage umwe muri bane batuye Intara y’Iburasirazuba ni umwimukira
Next articleUbufaransa: Dr Munyemana yabaye ikiraro gihuza abica n’abicwaga muri Jenoside
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here