Home Amakuru Chelsea mu bibazo bikomeye nyuma yo gukomatanyirizwa kwa nyirayo Abramovich

Chelsea mu bibazo bikomeye nyuma yo gukomatanyirizwa kwa nyirayo Abramovich

0

Leta y;ubwongereza imaze gutangaza o yafatiriye imitungo y’Abarusiya bafite aho bahuriye na Perezida Putini iri muri iki Gihugu. mu mitungo yafatiriwe n’iyi leta irimo n’ikipe ya Chelsea y’umuherwe Roman Abramovich.

Ikipe ya Chelsea yari imaze gushinga imizi ku mugabane w’Uburayi irahura n’ingaruka zikomeye z’ibi bihano kuko ubu itemerewe kugurisha itike nshya ku kibuga, izaguzwe ni izo, ntiyemerewe kugura umukinnyi mushya no kongerera amasezerano abo yari isanganwe, ntiyemerewe kurenza amapawundi ibihumbi 20, mu ngendo igiye gukina hanze ya sitade yayo.

Mu zindi ngaruka iyi kipe ifite ni uko itazarenza amapawundi ibhumbi 500 mu gutegura umukino wayo. Gusa Chelsea yemerewe gukomeza guhemba abakozi bayo barimo abakinnyi n’abatoza.

Benshi batangiye kwibaza uko Chelsea izabaho nta mafaranga mashya yinjiza.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleBidasubirwaho, Mashami ntakiri umutoza w’Amavubi
Next articlePfizer igiye guha Agurika undi muti uvura Covid-19
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here