Home Politike Guma mu rugo yasubijweho ku baturage b’Umujyi wa Kigali

Guma mu rugo yasubijweho ku baturage b’Umujyi wa Kigali

0

Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa gatatu iyobowe na Perezida kagame yafashe imyanzuro itandukanye irimo kongera gusaba abaturage b’Umujyi wa Kigali n’Utundi Turere 8 kuguma mu rugo mu rwego rwo gukumira ikwirakwira rya Covid-19.

Ibyemezo inama y’Abaminisitiri yafaashe ku kurinda ikwirakwira rya Covid-19 bizatangira kubahirizwa taliki ya 17 Nyakanga byongere kuvugururwa nyuma y’iminsi 10.

Mu yindi myanzuro yafashwe harimo gushyiraho minisiteri nshya ishinzwe ubunwe bw’Abanyarwanda n’ubwo hatatangajwe uzayiyobora.

Imyanzuro yose y’inama y’Abaminisitiri.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleAmafoto: Ambasade ya Qatar mu Rwanda yimukiye mu nzu yayo yiyubakiye
Next articleUmubare munini w’abarwaye Covid-19 mu Rwanda bafite iyo mu bwoko bwa Delta
Umunyamakuru w'umunyamwuga ubimazemo imyaka 8, yakoze amahugurwa atandukanye ariko itangazaakuru akora ryibanda cyane ku nkuru zicukumbuye, inkuru z'ubutabera n'uburenganzira bwa muntu. Asobanukiwe kandi Data Journalism.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here