Home Amakuru Kenya: basabwe gushaka uko bakora imibonano mpuzabitsina nta dukingirizo kuko twabuze

Kenya: basabwe gushaka uko bakora imibonano mpuzabitsina nta dukingirizo kuko twabuze

0

Inzego z’ubuzima muri Kenya zasabye abantu gukoresha ubundi buryo mu mibonano mpuzabitsina kuko iki gihugu gifite ikibazo cy’udukingirizo.

Restaurants, ibitaro nibindi bigo bihuriramo abantu benshi nti byashyize udukingirizo tw’ubuntu mubwiherero bwabo kugirango abantu batwifashishe nkuko byari bisanzwe bigenda.

Ikigo cya leta, gahunda y’igihugu ishinzwe kurwanya indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina (Nascop) cyagaragaje impungenge gifite z’ibura ry’udukingirizo mu Gihugu.

Ibura ryatewe n’imisoro ihanitse ishyirwa ku dukingirizo n’ubwo ubusanzwe iterwa inkunga n’abaterankunga.

Mu ntangiriro zuyu mwaka, amakimbirane y’imisoro hagati ya guverinoma n’abaterankunga batumiza mu mahanga imiti igabanya ubukana bwa virusi itera sida yatumye ibicuruzwa biba bike mu gihugu.

Kenya ikenera udukingirizo miliyoni 455 buri mwaka mugihe leta ildutangaho asaga miliyoni 1.6 z’amashiringi gusa kukwezi.

Facebook Comments Box
Sangiza abandi iyi nkuru................ share this story Partager
Previous articleEthiopia: Minisitiri Abiy Ahmed agiye kwiyoborera abasirikare ku urugamba
Next articleMike Tyson agiye kuba ambasaderi w’Urumogi rwa Malawi

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here